- AMAJYEPFO
- Amakuru
- IBIDUKIKIJE
- IBITEKEREZO
- IKORANABUHANGA
- IMIKINO N'IMYIDAGADURO
- IYOBOKAMANA
- Politiki
- Rwanda
- UBUHINZI
- UBUHINZI N'UBWOROZI
- UBURASIRAZUBA
- Uburezi
- UBUVUGIZI
- UBUZIMA
- Umujyi wa Kigali
- Uncategorized
-
Urubyiruko rwashishikarijwe kugana Isoko ry’Imari n’Imigabane mu kurushaho kwiteza imbere
Isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda rikomeje gushishikariza urubyiruko kwizigama no gushora imari binyuze ku isoko ry’imari n’imigabane, mu rwego rwo kubaka umuco wo gushora imari no kugera ku mahirwe y’ishoramari ry’igihe kirekire. Ubu butumwa bwatangiwe mu Ihuriro ry’Urubyiruko ku Isoko ry’Imari n’Imigabane, ubukangurambaga bwitabiriwe n’abarenga 1,100, bukaba bwarageze ku banyeshuri barenga 6,000 binyuze mu bukangurambaga…
-
Don Bosco Gatenga: Imyiteguro yo Kwizihiza Yubile y’Imyaka 50 Irarimbanyije
Ikigo cy’Urubyiruko cya Don Bosco Gatenga kizwiho kwigisha imyuga n’Ubumenyi ngiro ku rubyiruko rw’Ingeri zitandukanye, kiri mu myitrguro yo kwizihiza Yubile y’Imyaka 50 Icyo kigo kimaze gishinzwe. Ubuyobozi buvuga ko iyo iyo yubile ari igihe cyo kuzirikana urugendo rwahinduye ubuzima bwa benshi ndetse rugatanga icyizere ku hazaza h’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuyobozi wa kominote y’Abaseleziyani mu…
-
Ukuri n’Amateka byaranze Jenoside yakorewe Abatutsi muyahoze ari Segiteri Kinyinya: Bajyaga birata ko hari amashyanyarazi n’Amazi nyamara ari iby’Abadage
Inkuru yanditswe na Ange de la Victoire DUSABEMUNGU na L. Ndayishimiye Ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, ni umwanya mwiza wo kurebera hamwe amateka mabi yaranze u Rwanda ndetse no gusubiza amaso inyuma tukareba iyo tuva n’aho tugana. Uyu ni Umwanya mwiza kandi wo kwigisha abakiri bato ibyaranze amateka y’u Rwanda…


