août 8, 2026

TAN-Kinyarwanda

Amakuru yizewe mu kinyarwanda

Mu Rwanda

  • Ikigo cya Masaka Cyagaruriye UWASE Aisha Icyizere n’Inzozi z’Ejo Hazaza

    Ikigo cya Masaka Cyagaruriye UWASE Aisha Icyizere n’Inzozi z’Ejo Hazaza

    UWASE Aisha w’imyaka 25, ukomoka mu Karere ka Nyagatare, avuga ko ubuzima bwe bwahindutse mu buryo atatekerezaga nyuma yo kurwara umutwe bikaza kumuviramo guhuma amaso. Gusa kuva yagera mu Kigo gifasha Abafite Ubumuga bwo kutabona cya Masaka, avuga ko byamugaruriye icyizere cy’ubuzima bw’Ejo hazaza Avuga ko icyo gihe yari amaze kurangiza amashuri yisumbuye mu ishami…

  • REG yihaye intego ntakuka yo kuzuza Urugomero rwa Nyabarongo ya II

    REG yihaye intego ntakuka yo kuzuza Urugomero rwa Nyabarongo ya II

    REG iratangaza ko harimo gukorwa ibishoboka byose ngo urugomero rwa NYABARONGO ya II, ruzabe rwuzuye bitarenze mu mpera za 2027. Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG igaragaza ko hatagize igihinduka intego yo kuzuza urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II mu mpera z’umwaka utaha wa 2027 izagerwaho. Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi mukuru wa REG Eng.…

  • REG IGARAGAZA KO IZAKOMEZA KWESA IMIHIGO YIHAYE MU KUGEZA AMASHANYARAZI YIZEWE KURI BOSE.

    REG IGARAGAZA KO IZAKOMEZA KWESA IMIHIGO YIHAYE MU KUGEZA AMASHANYARAZI YIZEWE KURI BOSE.

    Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG igaragaza ko izakomeza kwesa imihigo yihaye mu kugeza amashanyarazi yizewe kandi adacikagurika ku Banyarwanda bose muri rusange. Ibi ni ibyatwangajwe kuri uyu wa Gatanu, ku cyicaro gikuru cya REG, ahabereye umuhango w’ihererekanya-bubasha hagati y’umuyobozi mukuru wa REG mushya Eng.Maximilien Byilingiro, ndetse n’umuyobozi ucyuye igihe Eng. Armand Zingiro,wagizwe umunyamabanga wa…

AFRICA NEWS DIGEST © All rights reserved. | Newsphere par AF themes